in

Yirira udusore tw’udusitari! Tiwa Savage ari kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi ukomeye muri Nigeria arusha imyaka 17

Umuhanzi Tiwa Savage wamamaye mu ndirimbo zigiye zitandukanye ari kuvugwa mu rukundo n’umuhanzi Omah Lay.

Ibi biri kuvugwa nyuma y’uko Omah Lay yafashe ifoto ya Tiwa Savage akayishyira kuri Twitter ye nk’ibimuranga (profile picture)

Ibi Omah Lay yakoze ntibyavuzweho rumwe ndetse byateye urujijo mu bantu aho bari kwibaza niba baba bari mu rukundo.

Kugeza ubu Tiwa Savage afite imyaka 42 mu gihe Omah Lay afite imyaka 25 y’amavuko yo nyine.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
The25
The25
1 year ago

Ariko numva ntagashya karimo pe imyaka nagatwiko tu

“Ukwibyara gutera ababyeyi ineza” Clarisse Karasira mu busizi bwuzuye ubuhanga yatangaje byinshi ku mugabo we ndetse n’umwana wabo

Zari yajyanye umukunzi we kwishimira ku mva y’uwahoze ari umugabo we-Video