in ,

Wayne Rooney kuri ubu ari mu mazi abira

wayne-mac-rooney

Umukinnyi Wayne Mac Rooney kuri ubu iminsi asigaje i Manchester iri kubarirwa ku ntoki bitewe nibyo umutoza Jose Mourinho yatangarije ikinyamakuru thesun muri iyi minsi.

Amakuru yizewe ava mu ikipe ya Manchester United aremeza ko umutoza wayo Jose Mourinho yamaze kwegera ubuyobozi bw’ikipe akabumenyesha ko yifuza ko Gareth Bale Real Madrid CF v RC Celta de Vigo - La Liga

aza gusimbura Wayne Mac Rooney FBL-ENG-PR-MAN UTD-SOUTHAMPTON
umaze kugira intege nke kuburyo atakimubonamo umukinnyi yagenderaho kandi wayobora abandi bitewe nuko imyaka amaze mubwongereza ari myinshi kuburyo imbaraga zuyu musore zishidikanywaho n’uyu munyaporutigari.

Ibi akaba ari ibintu abafana b’iyi kipe  batakiriye neza ndetse bamwe bakaba bemeza ko uyu mutoza atangiye kubasenyera ikipe nkuko byakomeje kuvugwa ko Mourinho aho ageze agira ibyo yangiza nibyo akiza.

Ibi bafana b’iyi kipe bakaba bakomeje kubigaya nyuma yuko Mourinho agaraguje agati Bastian Shweinsteger bakaba bakeka ko na Rooney ariwe  utahiwe. Ibi byakomeje gushimangira kandi nyuma yuko amakipe menshi yo mubushinwa akomeje gushaka uyu musore mukumuha akayabo k’amafaranga.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Munkunde cyangwa munyange njye nzakomeza kwinyongera ikibuno (Twerk)” Supersexy (video)

Mi nafurahi by Khaliban na Baume