in

Wa musizi ukomeye mu Rwanda yasezeranye n’umukunzi we (AMAFOTO )

Umusizi Tuyisenge ukataje mu busizi hano mu Rwanda yasezeranye imbere y’amategeko n’umukunzi we Jeannette aho bemeranyije kubana nk’umugabo n’umugore byemewe n’amategeko ya Repubulika y’u Rwanda.

Kuri uyu wa Kane tariki 06 Gicurasi 2021, Umusizi Tuyisenge yamanitse ukuboko yemeza kubana akaramata na Tuyishime Jeannette bamaze imyaka irenga itandatu mu munyenga w’Urukundo. Umukobwa nawe yabigenje uko yemeza kubana ubuzima bwose n’umukunzi we.

Umusizi Tuyisenge na Tuyishime Jeannette bahamije isezerano ryabo mu Murenge wa Kicukiro mu Mujyi wa Kigali.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibintu 10 wagenderaho ukamenya ko umukobwa ari Slay queen

Umukobwa w’imyaka 28 uri mu rukundo n’umusaza umurusha imyaka 50 akomeje guca ibintu