in

Wa mupadiri w’umuraperi noneho aciye impaka ngo we asohokera ku mazi n’abakobwa bambaye bikini baraho

Wa mupadiri w’umuraperi noneho aciye impaka ngo we asohokera no ku mazi abakobwa bambaye bikini

Uyu mu padiri witwa François kuri ubu uba mu gihugu cy’ubudage akomeje gutungura benshi bitewe nibyo akora mu gihe twebwe tuziko hari ibyo aba padri baba batemere.

Mu kiganiro yagiranye na sabin ku isimbi tv yavuze ko n’abapadiri burya bemerewe kurya ubuzima bakajya no kumazi.

Gusa we yavuze ko kwishima biba bikenewe nuko abantu bumva ko bijyana n’irari kandi ngo burya aba padiri ikintu cya mbere birinda ni irari.

Kuri ubu uyu mu padiri akaba afite indirimbo z’urukundo ndetse n’iza hip hop ariko harimo nizo yaririmbiye Imana.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari umupolisi yishe abantu 38 nyuma yica umugore we n’umwana

Biteye agahinda:Uwakoreshaga icyuma abaga ingurube yicishijwe icyo cyuma