in

Wa mubyeyi wataye umwana we akahasiga urwandiko ubu yafashwe dore icyabimuteye

Uyu mubyeyi wataye umukobwa we w’amezi 3 mu ntangiriro ziki cyumweru yafatiwe muri Afurika yepfo.

Uyu mwana yavumbuwe n’umugabo watoraguye imyembe hafi y’umugezi ku wa mbere, 3 Ukwakira 2022.

Inyandiko yasanzwe mu gikapu iruhande rw’umwana yasabye ko hahamagarwa abayobozi kandi ko gukuramo inda byamunaniye avuga ko ntawukwiye kumucira urubanza.

Gusa uyu mugore yavuze ko impamvu yabimuteye ari ubushobozi buke yari afite kandi akaba atari gushobora gukuramo inda avuga ko rero icyari gisigaye ari ukumusiga aho akazafashwa n’abagiraneza.

Itangazo rimuta muri yombi ryagiraga riti: “Uyu mugore yatawe muri yombi nyuma yo guta umwana yabyaye akamuta ntawe amusigiye ubu agiye kuburanishwa.”

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Judithe wakundanye na Safi Madiba byose abishyize hanze

Kujya muri Hong Kong ni Ubuntu ku babishaka, dore ibisabwa