in

Video ya Miss Amandah yambaye ijipo igaragaza ibibero bye, yatumye abantu bamwita indaya

Miss Amandah Isimbi usanzwe amanyereweho imyitwarire ikunze kunengwa cyane ku mbuga nkoranyambaga, yongeye gutungura abamukurikira ashyira ahagaragara video arimo kubyina indirimbo nshya ya The Ben ariyo Ngufite ku mutima, gusa abantu babonye ijipo ye barumirwa.

Icyatangaje abantu ni uburyo ijipo ye ari ngufti cyane ndetse ahubwo benshi bagiye mavugiraho ko atari ijipo yambaye ahubwo ari umukandara. Abandi nabo bakaba bakomeje kugenda bamwibasira bamwita indaya nkuko bigaragara hano.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya amayeri wakoresha ukigarurira umutima w’umukobwa wakwanze.

Irebere urutonde rw’abahanzikazi bakomeye muri America batunze imodoka zihenze.