in

Video; Umugore utwite inda y’amezi 5 yabaye igitaramo nyuma yo gufatwa arimo asambana na Pasiteri wo muri Congo

Ni amashusho agera ku munota urenga bivugwa ko yafashwe n’umugabo we, ubwo yari amaze kumufatira mu cyuho asambana n’undi mugabo wiyita umukozi w’Imana bivugwa ko aturuka  muri Congo Kinshasa.

Uyu mugabo yabafataga baryamye mu gitanda hanyuma umugore agahita abyuka naho umugabo agahita yambara umwenda w’imbere, nyiri umugore nibwo yatangiye kumuhata ibibazo.

Ati: “Wiva aho uri! Winyegera. Martha, mu buriri bwanjye koko? Martha koko mu buriri bwanjye? Ibi ni ibiki mu nzu yanjye?”

Ibinyamakuru byo muri Zambia byatangaje ko mbere y’uko Martha afatirwa mu cyuho n’umugabo we yari yabanje kumubeshya ko yagiye gusura inshuti ye ahitwa Kitwe, gusa nyamugabo wari utari imuhira nyuma yo kugera iwe asanga rwahanye inkoyoyo.

Bamwe mu babonye ariya mashusho bagiye bavuga byinshi bitandukanye harimo nko kunenga uriya mugore ndetse n’abandi bagore Bose muri rusange kuba bakora ikintu nka kiriya.

Bamwe bati: “Abagore b’iki gihe basigaye ari inyamaswa”, abandi bati: “Nyuma yo gutinya Imana uzakurikizeho umugore.”

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rayvanny yahigitse ibyamamare nka Diamond wa mwinjije mu muziki ndetse n’abandi nka Eddy Kenzo na Mbosso

“Urukundo rw’ubuzima bwanjye”-Umunyamakuru Ally Soudy yahishuye byinshi ku mufasha we