in

Video: Pastor Ezra Mpyisi yavuze ikindi kintu arimo gukora kizatuma aca agahigo gakomeye

Ezra Mpyisi w’imyaka 100 dore ko mu minsi yashize aribwo yakorerwaga ibirori by’isabukuru y’imyaka 100 ndetse kuri ubu aracyemeza ko akiri umusore Kandi ntaho azajya.

Mu kiganiro aherutse gutanga, yavuze ko arimo kwandika igitabo Kandi akaba azagisohora bikaba bjtangaje ukuntu umusaza w’imyaka 100 azasohora igitabo mu gihe abandi basaza bapfuye Kandi hari n’abato batajya babasha kucyandika.

Dore video:

 

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Abagabo banze kudushaka kubera turi amasugi” abakobwa bakomeje gutakamba

Abavandimwe batatu bavuniye mu mavi uwo bakekaga ko yabibye Moto none bari mu mazi abira