Hanze
Uyu niwe mukecuru ufite imyaka myinshi kurusha abandi bose muri U.S.A(+amafoto)

Yitwa Adele Dunlap afite imyaka 113 ubu niwe wiswe umugore ukuze kurusha abandi bose muri Leta 50 zigize U.S.A.ni nyuma yuko Goldie Michelson  warushaga Adele amezi apfuye mu kwezi kwa Nyakanga ku italiki ya munani.
Adele yabajijwe n’abari baje kumusura uko yiyumva iyi yiswe umugore ukuze kurusha abandi mu gihugu gituwe na miliyoni 320 maze ababwira ko yumva ari ibisanzwe cyane.Adele utuye i Pittstown,umwana w’imfura we afite imyaka 86,witwa Earl Dunlap
Earl Dunlap yabwiye usatoday ko nyina atigeze akora Sport ndetse ko yahoze anywa itabi,Sunlap ati”Ntabwo nigeze mbona Mama asohoka hanze ngo ajye mu myitozo ngorora mubiri ndetse yewe yanywaga itabi  gusa yaje kurivaho nyuma yuko papa barisangiraga yafashwe n’umutima…ntabwo nzi ibanga yakoresheje gusa ntananutse kandi ntiyigeze agira umubyibuho ukabije,ubuzima bwe buzira umuze”
-
inyigisho16 hours ago
Bimwe mu bintu bibi umukunzi wawe ashobora kugukorera ukababara cyane kurusha kumufata aguca inyuma.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Ndimbati bamuguyeho atetse igikoma kubera gahunda ya Guma mu Rugo |Asekeje abantu imbavu zirashya(VIDEO)
-
Imyidagaduro18 hours ago
Miss Vanessa ati « nakorewe mu ijuru nteranyirizwa muri Afurika »
-
Imyidagaduro19 hours ago
Yolo The Queen yagiriye inama abasore bakururwa n’imiterere y’abakobwa ku mbuga nkoranyambaga
-
Imyidagaduro12 hours ago
Miss Jordan Mushambokazi mu munyenga w’urukundo n’umusore bitegura kurushinga
-
Imyidagaduro18 hours ago
Kechapu wo muri Bamenya yerekanye imodoka ihenze asigaye agendamo|Yavuze icyo akundira ShaddyBoo |yakebuye ba SlayQueen (VIDEO)
-
Hanze18 hours ago
Zari Hassan yacyuriye Tanasha Donna ko inzara ariyo yamukuye iwe ikamujyana kwa Diamond Platnumz
-
Izindi nkuru5 hours ago
Umugore wakundanye na Barack Obama akaza kumubenga akomeje kwicuza.