in

“Uwo mwaguze ububwa ntiyaguhenze” Clapton Kibonke yahawe urwamenyo nyuma yo kujya kugura ibinini by’ipasi

Umunyarwenya Mugisha Emmanuel wubatse izina nka Clapton Kibonke yahawe urwamenyo kuri Twitter nyuma yo yo kubaza ibyo ari busubize kwa muganga.

Uyu munyarwenya yifashe abaza abamukurikira ikintu bakoresha bakura ibintu byafashe ku ipasi. Nyuma yo kivuga ibyo, yasabwe gukoresha ibinini bya Paracetamol.

Nyuma yo kumva ibyo yahise ajya kubigura aho yagezeyo bamubaza igipapuro cya Muganga kimwemerera kugura ibyo binini, aza kucyibura.

Nyuma yo kubura icyo gipapuro yigiriye inama yo kubaza abo kuri Twitter uko ari bugende avuga, aho yagize ati: “Mwambwiye Gukoresha Paracetamol none muri Pharmacy barimo kunyaka Ordonnance , mvuge ko ari Umuti w’ Ipasi ?

Nyuma yo kuvuga ibyo yahawe urwamenyo mu buryo bukomeye cyane.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Impamvu ituma abagore n’abagabo bakunze kunywa amazi avanze na Okra igihe bagiye gukora imibonano mpuzabitsina mu ijoro

Hari naho atemerewe kujya: Dore amategeko atoroshye na gato umugore wa Cristiano Ronaldo agomba gukurikiza mu gihugu gishya