in ,

Uwahoze ari umukunzi wa T.I yatangaje abatuye isi bose kubera ifoto imwe (yirebe hano)

Uwahoze ari umukunzi wa T.I ariwe Bernice Burgos wabaye icyamamare cyane ubwo yari mu rukundo na T.I ndetse abantu benshi bakurikiraniraga hafi iby’urukundo rw’aba bombi banabonaga ruzagera kure ndetse bakanibanira, ibi bitaje kugerwaho kubera ko T.I yaje kwibanira na Tameka uzwi cyane ku izina rya Tiny bivugwa ko bari baranabyaranye abana. Bernice Burgos ku munsi e’ejo yatunguye abantu benshi ubwo yashyiraga hanze ifoto igaragaza ibigango bye yatunguye abantu batari bake.

Bernice Burgos Working Out
Iyi niyo foto Bernice Burgos yashyize hanze

Uretse kuba yarashyize ahagaragara iyi foto igaragaza ibigango byee, Bernice Burgos asanzwe azwiho gukora imyitozo ngororamubiri kugirango yubake umubiri we gusa hari hashize igihe kitari gito adasangiza abafana be amwe mu mafoto ye bikaba byatumye bamwe batangazwa n’iyi foto yashyize hanze ndetse banavuga ko amaze kubyibuha cyane cyane ku gice cy’inyuma he (ikibuno).

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ikintu gikomeye cyane abahanzi The Ben na Meddy bakomeje gushimirwa n’abafana babo

Dore urutonde rw’abakinnyi ba ruhago badashobora gukoza inzoga mu kanwa kabo