Ubuzima
Uwahoze ari umukunzi wa 50 Cent ibyo yirirwamo biteye isoni!(amafoto)

Yitwa Chersea Hundler,yamenyekanye cyane ubwo yari mu rukundo n’umuraperi 50 cent,nyuma baje gutandukana maze atangira gukina amafilme ariko anakora kuri televiziyo ikiganiro kizwi nka “late night talk” iki kiganiro yaje kucyireka maze atangira gukina filme y’uruhererekane ,Netflix.
Chersea yagiye asibirwa amafoto yose kuri Instagram ,na Instagram kubera ko yaba ateye isoni cyangwa se agaragariza icyubahiro gicye muntu,gusa aya mafoto iteka ayashyira hanze iyi hagize umwe mu bakobwa b’inshuti ze ugira umunsi w’amavuko.
bwa mbere yabikoze umunyamideli Reese Witherspoon agira isabukuru,icyo gihe yashyize kuri instagram amafoto ye yambaye ubusa maze ayaherekeresha amagambo yifuriza Reese Witherspoon umunsi mwiza w’amavuko.
Na none yongeye arabikora kuko inshuti ye magara ,umukinnyi wa Tennis Maria Sharapova wujuje imyaka 29,yashyize hanze ifoto yambaye uko yavutse ariko igice cy’ibanga agihishe,iyi foto Torontosun ivuga ko yayifatiye mu Butaliyani aho ari gufatirwa amashusho azakoreshwa mu gice cya Netflix(filme) gitaha
reba iyo foto hano ariko iteye isoni byaba byiza wirinze kuyireba
Comments
0 comments
-
Hanze20 hours ago
Wa musore ufite ubumuga bw’ubugufi bukabije ukundana n’umukobwa w’ibiro 100 ari mu mazi abira.
-
Mu Rwanda12 hours ago
Tidjara yahishuye uko abigenza iyo abonye inkumi zije gusura umuhungu we mu rugo.
-
inyigisho20 hours ago
Ngibi ibintu bibi cyane ukwiriye kwirinda gukora mu gitondo ukibyuka|byakugiraho ingaruka utitonze.
-
Utuntu n'utundi14 hours ago
Nta muntu utazatwika: Umukecuru w’imyaka 92 akomeje gutwika imbugankoranyambaga bitewe n’amafoto akomeje gushyira hanze.
-
Utuntu n'utundi20 hours ago
Mu mafoto:Irebere ubwiza bw’ikiraro gikozwe mu birahuri|benshi cyabateye ubwoba.
-
Imyidagaduro20 hours ago
Miss Ingabire Grace yavuze impamvu atakigaragara ku mbuga nkoranyambaga
-
Hanze13 hours ago
Umuraperi AKA yashyinguye umukunzi we witabye Imana nyuma yo kumwambika impeta
-
Mu Rwanda16 hours ago
Wa musore Pattel mwakunze ararize|yerekanye umukunzi we baterana imitoma.
1 Comment