in ,

Utuntu n’utundi: Iyumvire ikintu kidasanzwe utatekereza, Paul Pogba yaguze mu mushahara we wa mbere

Bestest

Paul Pogba nyuma yo guca agahigo ko kuba umukinnyi wa mbere wahenze ku isi mu mateka ya ruhago, ndetse  na nyuma yo kuba yaravuyeyo mu gihugu cy’ubufaransa ndetse akaba yaranagiye mu gihugu cya Iles Maurice we na Martial mu biruhuko kwishimana n’abakunzi babo, nkuko tubikesha ikinyamakuru Francesport uyu musore yatangaje ikintu kidasanzwe yaguze mu mushahara we wa mbere yahembwe mu ikipe ya Manchester United.Paul Pogba Manchester United Europa League

Uyu mugabo yatangaje ko akimara guhembwa umushahara w’icyumweru wa mbere usaga ibihumbi 290 by’amapound yahitiye mu iduka kugura inkweto zifite Marike ya Air Jordan umuguru umwe mu miguru itandatu yaguze wari ufite agaciro k’amapound 1200. Bamubaza impamvu yakoze gutyo kandi yarasanzwe afite amafaranga yavuze ko inkweto yaguze arizo nkweto za mbere yifuje kugura ariko akaba yemeza ko yari atarabigirira ubushobozi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akumiro: Nicki Minaj yahagishije ikibuno cye kugirango kibe kinini (amafoto)

Reba agashya umwana wa Tom Close yakorewe akivuka (amafoto)