in ,

“Uteye ubusambo sha…” imyambarire igaragaza imiterere y’amatako ya Anita Pendo yongeye gutera ipfa ab’igitsinagabo (amafoto)

Umunyamakuru akaba umushyushya birori Ahita Pendo yongeye kuramira amarangamutima yabafana be nyuma y’amafoto yashyize hanze agaragaza imiterere y’amatako ye.

Uyu munyamakuru ukundwa n’abatari bake ndetse agashyushya benshi haba kuri radio, television no mu bitaramo yashyize hanze aya mafoto yafatiwe mu igitaramo yari yabayemo Mc mu mpera z’icyumweru gishize.Yifashishije Instagram yashyize hanze amafoto ye yambaye umwenda mugufi cyane watumye abiganjemo ab’igitsinagabo bamubenguka batangira kumubwira ko ateye ubusambo.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Niba nawe ubira ibyuya byinshi genzura neza ko utarwaye zimwe muri izi ndwara

Brasil inyagiye imvura y’ibitego North Korea mu gice cya mbere