in

Ushobora kwitaba Imana niba ukora aya makosa mu gitondo

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe bimwe mu bintu bishobora kugushyira mu kaga kakujyana no mu rupfu ubikoze kenshi buri gitondo ukibyuka.

Mu gihe uri mu bwogero hera ku maguru

Ukwiriye guhera ku maguru mu gitondo mu gihe uri mu bwogero. Amaraso atembera ahereye mu maguru ajya mu mutwe, rero ntago ari igitekerezo cyiza guhera mu mutwe mu gihe ubyutse.

Fata iminota itatu (3) y’imyitozo ngorora mubiri

Ibi bireba cyane abantu baba bafite uturemangingo tudafite imbaraga zihagije muribo. Gerageza uko ushoboye buri mu gitondo, umubiri wawe wakire ubushyuhe. Ukeneye no gufata umwanya w’imyitozo isanzwe, ya buri mu gitondo.

Ntukwiriye kuva mu buriri imburagihe

Akenshi, abantu bakunda kuva mu buriri bihuta, ndetse bakaba banabyuka mbere y’igihe kubera gukererwa akazi, amasengesho n’ibindi, bakunze guhura n’uburwayi butandukanye. Abahanga mu buvuzi bo bemeje ko byibura umuntu akwiriye kuguma mu buriri iminota itatu mbere y’uko abyuka, kugira ngo amaraso atembere neza mu mubiri, hanyuma abone kubyuka.

Amaraso aba aturije ahantu mu mubiri iyo uryamye, rero biba ingenzi iyo uyahaye akanya agatembera mbere yo kugira aho ujya uvuye mu buriri. Iyo ubyutse vuba vuba, utuma imiyoboro y’amaraso icika intege kandi ari nta n’amaraso arimo, ibi bikaba byanatera umuvuduko w’amaraso.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru ibabaje: umwangavu yapfiriye mu Kivu

Mu marira avanze n’ibitwenge,abantu batunguwe n’umusore wambitse impeta umuforomokazi amusanze ku bitaro(Video)