in

Manzi Thierry Wanyuze mu makipe akomeye yasezerewe muri Morocco ||Haravugwa ikipe ashobora kwerekezamo mu Rwanda

Manzi Thierry wanyuze muri Rayon sport ndetse na APR FC yashimiwe n’ikipe yakiniraga muri Morocco ndetse bamubwira kwishakira ahandi.

Kuwa 31 Mutarama 2022,nibwo Myugariro Manzi Thierry wari uvuye muri FC Dila Gori yo mu cyiciro cya mbere muri Georgia, yasinye amasezerano y’imyaka itatu muri AS FAR Rabat yo muri Maroc.

Numa y’uko ageze muri FAR Rabat yahasanze mugenzi Emmanuel imanishimwe bakinanye mu Rwanda gusa ntabwo Thierry yahiriwe n’umwaka we wa mbere .

Biravugwa ko Manzi Thierry ashobora kugaruka muri APR FC yavuyemo yerekeza hanze y’u Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa yarize amenye ko sheri we yahaye indaya ibihumbi 50 yaramwimye ibihumbi 10

Kizz Daniel agiye gusaba imbabazi abanya-Tanzania nyuma yo kuva muri gereza