Inkuru rusange
Urutonde rw’ibyamamare byavuzweho kumungwa na SIDA (Amafoto)

SIDA n’indwara mbi cyane,N’icyorezo cyibarizwa ku migabane yose y’isi.SIDA ntabwo itoranya n’ukuvuga ko ifata abakire idasize abakene.SIDA yavumbuwe mu mwaka wa 1983 ariko kugeza ubu imaze koreka amamiliyari y’abantu ku isi hose.Iyi ndwara itagira urukingo ntigire umuti hari abajya bibeshya bakavuga ko ari iy’abakene,Hoya! SIDA ifata aboroheje n’abakomeye ntabwo itoranya ariko wenda ishobora gutinda kugaragara ku muntu uyifite bitewe n’imibereho afite. Â Mu bakonmeye iyi ndwara yatinyutse harimo n’abo twita ibyamamare Babandi duhora duhanze amaso iyo turi imbere y’inyakira mashusho zacu (televiseur) abo ni nabo yegob yateguye kubaganirizaho uyu munsi
1.Magic Johnson
Uyu n’umukinnyi wakunzwe n’ingeri zose ubwo yakinaga mu ikipe ya Los Angeles Lakers ariko muri 1991 yavuze ko yanduye SIDA,Hari ku italiki ya 7/11/1991 maze ahamagaza inama y’itangazamakuru ayimenyesha ko kuko yanduye HIV ahisemo guhagarika gukinira Lakers.Ibi  byatumye ibihuha byari muri Amerika ya Ruguru byavugaga ko SIDA ari indwara y’abatinganyi gusa bivaho maze abantu bamenya ko n’umuntu ubana n’uwo badahuje igitsina ashobora kwandura SIDA.
2.Greg Louganis
Uyu n’umugabo wubahwa mu mukino wo koga kuko yibitseho imidali ibiri yose ya Olympic Games.Uwa nyuma yawutwaye mu mikino ya Olympic yabereye i Seoul nawe rero yavuze ko yasanzwemo Icyi cyorezo mu mwaka wa 1988 ari nabwo hari hashize amezi atandatu gusa akuye umudale muri Koreya.
3.Wiz Khalifa
uyu nawe mu mwaka wa 2009 ibinyamakuru by’I Los Angeles byamushinje iyi Ndwara birimo Bossip na Thehoodup,Ibi bakaba barabimushinjaga babihereye ku buryo yihenanguraga mu bakobwa bakoraga mu tubari duherereye i Las Vegas gusa nyirubwite yaryumyeho maze arongora umunyamideli Amber Rose nubwo nawe batamaranye kabiri maze guheheta kwa Wiz Khalifa guhita Kumusenyera.
4.Nicki Minaj
5.Lil Wayne
Gusa Lil Wayne mu rwego rwo kwiyoberanya no kwiyama induru y’abafana yari imurembeje yahise akora indirimbo yise “Stop playin with me” ariko byari by’ubusa kuko yari yageze ku ntonde zakozwe n’ibinyamakuru byinshi z’abahanzi banduye SIDA.Ubu niyo yafatwa n’indi ndwara abenshi ntibayemera ahubwo bavuga ko ari SIDA.
Ubushize twari twababwiye aba batanu ariko .noneho twifuje gukomeza uru rutonde rwacu nk’uko twari twabibasezeranyije.
Charlie Cheen
Uyu n’umukinnyi w’amafilme isi yamenye muri filme yiswe The Two and a half men,imbona nkubone yemeye ko yanduye  virus itera Sida,icyo gihe hari mu kwezi ku Ugushyingo mu mwaka ushize.
Michael Jeter.
Yakinnye muri filme yiswe Te Green Mille ,nyuma yaje kwitaba Imana muri 2003.mbere y’uko apfa afite imyaka 50 yari yasanganwe VIH mu maraso.
Eazy E
Uyu yari umuraperi wari muri N.W.A(Niggaz with Attitude).nyuma yo kumenyekana bikomeye Eazy E yaje kujya arwara akabyira Asthma ariko ubwo yajyaga kwa muganga mu mwaka w’1995 yasanganywe VIV ari nayo yamukuye mu buzima nyuma y’ukwezi kumwe ayisanganywe,abakunzi ba Hip Hop ntabwo bazibagirwa ijwi rye mu ndirimbo nka Boyz N The hood,it’s on,only if you want it,No body Move,,,,”
Brad Davis
Brad abamubonye muri filme,Midnight Express ntabwo bamenya ko nawe  yaje guhenangurwa n’umugera wa Sida ubwo ku myaka 42 gusa.
-
Ubuzima22 hours ago
Menya impamvu itangaje ituma zimwe muri hoteli zishyira ibinini mu mafunguro y’abantu.
-
Imyidagaduro15 hours ago
Dore umukobwa mwiza watwaye umutima w’umunyarwenya Arthur Nkusi (AMAFOTO)
-
Imyidagaduro13 hours ago
The Ben na Miss Pamella bashyize hanze itariki y’ubukwe bwabo.
-
Imyidagaduro8 hours ago
Abanyamakuru ba Radio/TV10 bakije umuriro kuri KNC nyuma yo gushinja umwe muri bo kutarongora kandi akuze.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Umunyamakuru Tidjara, uherutse gusezera kuri RBA, yaturitse ararira mu kiganiro| umukobwa we yamutomagije karahava (VIDEO)
-
Imyidagaduro18 hours ago
Umunyamakuru wa RBA uherutse kwambikwa impeta yahishuye uburyo yarijijwe na fiancé we|Avuga no ku bukwe bwe (VIDEO)
-
imikino12 hours ago
Umukunzi wa Yannick, yashyize ahagaragara video bari gusomana amushimira ibyo yamukoreye
-
Imyidagaduro17 hours ago
Bwa mbere umunyarwenya Arthur Nkusi avuze ko afite umukunzi anavuga izina rye
mwebwe batindi batagira urwara rwo kwishima nimwe muyirwaye!