in

Urutonde rw’abahanzikazi 5 bazwiho gukurura abagabo ku Isi kubera ikimero cyabo.

Ntabwo abahanzikazi bose bazwiho amajwi meza akurura abantu. Benshi barashimwa gusa kuberako bazi kwitwara neza ku rubyiniro ndetse bakamamara mu binyamakuru bitandukanye hirya no hino.Uyu munsi rero YEGOB yaguteguriye urutonde rw’abahanzi b’abakobwa bo ku mugabane w’Amerika bafite imiterere ikurura ab’igitsina gabo ku isi kubera uburanga n’ubwiza bwabo babihuza n’umuziki rero bikaba akarusho.

5. Beyonce


4. Ariana Grande

3. Katy Perry

2. Selena Gomez

1. Taylor Swift

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Menya ibintu 10 by’ingenzi wowe n’umukunzi wawe mwakora mukubaka urukundo rutajegajega.

Dore ibintu 10 bikomeye ugomba kuba wujuje mbere yo gufata icyemezo cyo kwinjira mu rukundo