in

Urukundo ni impumyi: umusaza yagaragaye arya ubuzima n’inkumi y’ikizungerezi(amashusho)

Muri minsi usanga abantu bamwe bavuga ko urukundo rwabaye ruke,abandi bakavuga ko byose byabaye iterambere. Ariko na none abenshi nti iyumvisha uburyo umusaza akundana n’umukobwa ukiri muto, nubwo hari abavuga ko aba ashaka kumurya utwe ,abyita urukundo.

Kuri ubu ku mbuga nkoranyambaga hasakaye amashusho yumugabo mukuru wagaragaye agirana ibihe byiza by’urukundo n’umukobwa muto wigitonore.Amashusho yabo yagaragaye kuri instagram yatumye bamwe bibaza niba ari urukundo cyangwa ikindi uyu mukobwa yakurikiye kuri uyu musaza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Imitima iracicikana! Umukobwa witabiriye irushanwa rya Miss Rwanda yatwitse kuri instagram (Amafoto)

Abafana ba Bwiza babuze amahitamo nyuma yuko abasabye guhitamo ifoto imwe bakunze mu yo yari yifotoje