in

Umwongereza wahawe akazi ko gusifura umukino mu misiri nk’ikiraka, yahavuye atareba imbere n’inyuma

Icyamamare mu gusifura,Mark Clattenburg yataye akazi yari yahawe n’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu misiri ko gukurira akanama k’abasifuzi kubera ubwoba bw’umutekano we.

Uyu mugabo wasifuye bikamuhira muri Premier League,yavuze ko yakiriye ubutumwa bw’iterabwoba bw’abafana ba Zamalek ndetse na Perezida w’iyi kipe bamubwira ko bazamumerera nabi.

Uyu munyabigwi wahawe akazi muri Kanama ko kuzamura urwego rw’imisifuri mu misiri,yagize ubwoba bw’ibi bitero yagabweho afumyamo arigendera.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Birangiye Harmonize agiye gutura mu Rwanda, yanavuzeko Kigali yamubanye ubuki ahafata nk’iwabo

Yabanyanyagizagamo iza bitanu gusa! Harmonize washimye Kigali yagaraje ko mu bibazo yagira icyo guha abantu amafaranga kitazamo _ AMAFOTO