in

Umwe mu bakobwa b’ihoho bakinaga muri Seburikoko yamaze kurongorwa n’umudiyasipora–Amafoto

Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Kane tariki 5 Mutarama 2023, ubera mu murenge wa Kimihurura.

Kirenga Saphine yasezeranye mu mategeko n’Umukunzi we w’umu-Diaspora witwa Dr. Mirindi Eric Dusenge. Ni umwe mu banyarwandakazi bamaze igihe mu mwuga wa sinema yamenyekanye muri Filime y’uruhererekane ikunzwe na benshi izwi nka Sebururikoko aho akinamo yitwa Kantengwa.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kubura rutahizamu w’igihangange, Rayon Sports yasubiye kuri Youssef Rharb bumvikana igihe azagerera mu Rwanda

Joelle Nasri Bukuru ku mwanya wa mbere w’abakobwa bo muri shampiyona ya Tanzania bafite ubwiza buhebuje