in

“Umwana ugarutse mu rugo”kwizera pierrot yasinye muri Rayon Sport Fc

Nyuma y’igihe umukinnyi kwizera pierrot avuye muri Rayon Sport FC akerekeza muri As kigali aho amaze imyaka irenga 2 akina kandi akaba yari mu bafatiye runini ikipe ya As Kigali.

kuri uyu munsi umukinnyi wo hagati yongeye kugaruka muri Rayon Sport y’ubakiyemo amateka ndetse akaba yarahavuye neza nta kibazo bafitanye yongeye gusubira mu rugo.

Kwizera pierrot yasinye amasezerano y’imyaka ibiri ari muri Rayon Sport Fc ,byitezwe ko aza gufatanya n’abandi mu gice cy’akabiri cya shampiyona y’u Rwanda.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rwanda: Abakobwa bagaragaye bari kunywa inzoga z’ubwoko butandukanye banabyina bambaye ubusa/Reba videwo

Rwanda: Abantu bumiwe bumvise uko umukobwa yabaraga inkuru yuko yaryohewe n’umusore/Umva amajwi