in

Umwana muto yarize arasizora ubwo bashakaga kumujyana ku ishuri mu modoka adashaka

Umwana muto wo muri Nigeriya ukunda imibereho ikungahaye yavukiyemo yasabye ibidasanzwe papa ubwo yajyanwaga ku ishuri akanga kugenda mumodoka adashaka.

Umuryango uba mumahanga aho abanyeshuri badasabwa kwambara imyenda yishuri. Igihe se yari agiye gutwara umuhungu we ku ishuri, yamusabye kwinjira muri Range Rover ariko umwana arabyamagana.

Umuhungu mwiza cyane yerekanye ko yifuza kujyanwa muri Rolls Royce ya se.

Amashusho yashyizwe kuri instagram yerekana igihe umuhungu yafunze umuryango wa Range Rover maze yerekeza kuri Rolls Royce ubwo se yamubazaga imodoka yifuza kujyamo agiye ku ishuri.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari umuzamu wa Rayon Sports agiye kurushinga n’umukozi wa banki ikomeye mu Rwanda

Ibyo Rutahizamu w’Amavubi yakoreye aba bana ni ikimenyetso cy’uko urukundo rukiriho (video)