in

Umwamikazi wa HipHop mu Rwanda Oda Paccy mu mafoto adasanzwe yagiriye inama abakunzi be bihebye(Amafoto)

Umuraperikazi Uzamberumwana Pacifique uzwi nka Oda Paccy wiyita umwamikazi b’injyana ya Hip Hop, yafashe igihe asangiza abamukurikira amagambo meza y’ihumure.

Mu butumwa yaherecyeje amafoto adasanzwe, yagize ati: ”Ibihe byose ntabwo wigeze utoranywa gusa, nzatuma biba.” Aya magambo yahamije ko ari yo Imana ibwira abatuye isi mu byo bari kunyuramo none.

Oda Paccy wari umaze iminsi atagaragara mu muziki, ubu ari mu bihe bye byiza mu muziki we nyuma y’uko kandi asoje amasomo ye ya Kaminuza muri Kaminuza ya UTB mu bijyanye n’Ubucuruzi, Ihanahanamakuru hifashishijwe Ikoranabuhanga

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugabo w’imyaka 42 yahishuye ko akinyara k’uburiri (inkuru irambuye)

Mu mafoto meza : Umufasha wa Meddy yongeye kuzamura amarangamutima y’abatari bake