in ,

Umva icyo abafana ba Nicki Minaj bavuze ku mafoto agaragaza ikibuno cye yashyize hanze

Umuhanzikazi Nicki Minaj wamenyekanye cyane ku isi yose kubera indirimbo zitandukanye yahimbye zigakundwa cyane ndetse n’ibitaramo bitandukanye yakoreye hirya no hino ku isi bigatuma yigarurira imitima y’abantu benshi, ku munsi w’ejo nyuma yuko ashyize ahagaragara ifoto igaragaza ikibuno cye, abantu hirya no hino ku isi bayigarutseho bayivugaho byinshi bitandukanye.

Nkuko tubikesha mtonews, bamwe mu bafana ba Nicki Minaj banenze cyane iki gikorwa uyu muhanzikazi yakoze ndetse ntibanatinya kuvuga ko yaretse umuziki kugirango asigare yiyandarika ku karubanda. Mu magambo bwite ya bamwe mu bafana ba Nicki Minaj, bagize bati: “Nicki Minaj Is SHOWING HER BODY On Instagram . . . Now That Her MUSIC AIN’T SELLING . . . She’s Selling The ONLY THING SHE’S GOT!!”. Nubwo ibi byose bivugwa ariko Nicki Minaj ariko yavuze ko impamvu nyamukuru yatumye ashyira hanze aya mafoto ari ukugirango agume mu mitima y’abafana be ntibamwibagirwe n’umunota numwe dore ko n’indirimbo aherutse gusohora zitakunzwe cyane akaba adashaka ko izina rye rizima.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere amagambo akomeye Zidane yavuze nyuma yo gutsinda FC Barcelone agakomeretsa bikomeye abafana bayo

Iyumvire amagambo AKOMERETSA Neymar yabwiye abafana ba FC Barcelone atsinda igitego cye cya mbere yatunguye abantu benshi