in ,

Umva amafaranga atagira ingano Lionel Messi yahawe kugirango yemere kuguma muri Fc Barcelone

Nkuko twabibabwiye mu minsi yashize, Lionel Messi yasinye amasezerano y’imyaka ine mu ikipe ya Fc Barcelone aho yahise yongezwa umushahara akazajya ahembwa asaga miliyoni 40 z’amayero ku mwaka, gusa ariko uretse kongezwa umushahara hari nandi mafaranga y’ishimwe Messi yahawe akimara gusinya amasezerano y’imyaka.

Nkuko ikinyama Sport cyo muri Espagne kizwiho kugira amakuru yizewe ku ikipe ya Fc Barcelone cyabitangaje, ngo Messi kugirango asinye amaserano y’imyaka 4 azamugeza muri 2021 yahawe akayabo ka miliyoni 50 z’amayero. Aya mafaranga ubusanzwe atarongezwa umushara bikaba byaramufata imyaka iranga ibiri kugirango abe yaya koreye, byumvikana ko rero ari kimwe mu bintu bikomeye byatumye yemera kongera amasezerano n’ikipe ya Barca.

 

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iturize by Closer Friends

Rob Kardashian yifashishije amafoto y’urukozasoni y’uwahoze ari umugore we kugira amwihimureho kubwo kumuca inyuma.