in

Umuzunguzayi wambara nk’umukozi wa banki yatunguye abantu

Ku mbuga nkoranyambaga hagaragara umugabo wo muri Nigeria ukora akazi k’ubuzunguzayi ariko akaba yambara mu buryo budasanzwe.

Uyu mugabo ucuruza ibicuruzwa mu muhanda akomeje kwamamara bitewe n’imyambarire ye imeze nk’iyabakozi bo muri banki. Nk’uko ikinyamakuru legit kibivuga ngo uyu mugabo acuruza kbicuruzwa bisanzwe bizwi ku izina rya Agidi Eteng akomoka muri Uyo yavuze ko yambara atyo kugira ngo ashimishe kandi ashukishe abakiriya bashobora kumutera inkunga kubera imyambarire ye.

Yavuze ko yakoresheje amafaranga yavuye mu bicuruzwa kugirango abashe kugaragara neza.Avuga ko yatangiye akazi ko gukora ubuzunguzayi muri 2018 gusa ngo biramutunze we n’umuryango we.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto ; Wa mukobwa ukurura abagabo cyane yatangaje abantu cyane ubwo yaserukaga yambaye imyenda iriho umutwe w’intare

harimo abanyamuziki n’abateramakofe_ Ibyamamare byihebeye Cristiano Ronaldo ku rwego rwo hejuru.