in ,

Umutoza wa Chelsea Fc Antonio Conte agiye gukorera amarorerwa ikipe ye atoza

Antonio conte umutoza w'ikipe ya Chelsea

Bitewe n’ukuntu ikipe ya Chelsea ikomeje kugenda biguruntege cyane cyane mu bwugarizi bwayo umutoza wayo ibintu yatangaje byabaye nkibyo gushakira umuti w’ikibazo aho kitari kuko bitashimishije na gato abakunzi b’iyi kipe.

Muri iki gitondo cyo kuri uyu wa mbere umutoza Antonio Conte yatangaje ko ikipe ya Chelsea kugirango ibone umuti urambye w’ikibazo cya ba myugariro ntawundi waza kugikemura utari mwene wabo Leonardo Bonnucci Image result for Leonardo bonucci

w’imyaka 29 kubwizo mpamvu kugirango abone uyu mukinnyi uyu mugabo agomba gutanga Eden HazardImage result for eden hazard
w’imyaka 24 mo ingurane y’uwo mwene wabo, ibi gusa ntamuntu numwe wabyakiriye neza ukunda iyi kipe kuko Eden Hazard ari umukinnyi udasimburwa kuri kiriya kibuga cya Stamford Bridge

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyi ni inkuru ibabaje cyane ndetse kandi iteye inkeke ku bafana ba Real Madrid

Facebook : Abantu 10 bakunzwe kurusha abandi ku isi (amafoto)