in

Umutoza wa APR FC yatangaje amagambo akomeye kuri iyi kipe

Umutoza w’ikipe ya APR FC  Adil Erradi Mohamed yatangaje ko ashobora gutandukana n’iyi kipe nyuma y’iyi season nibaramuka bamurekuye.

Ubwo uyu mutoza yabazwaga n’itangazamakuru nyuma yo gutsinda Rayon Sports yagize ati:”Mfite offer nyinshi ariko ikipe ya APR nishaka kundekura nzagenda”.

Amakuru ariko avuga ko uyu mutoza ashobora kuba yarumvikanye na APR FC ko batazakomezanya muri season itaha.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rihanna na A$AP Rocky bibarutse imfura yabo

Wa munyarwanda umaze imyaka 40 mu gitebo ,dore ibimubayeho