in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Umusore yarize araboroga nk’umwana ubwo yatereraga umukobwa ivi akabyanga .

Uyu musore yafashwe n’ikiniga ararira imbere y’imbaga y’abantu ubwo yashakaga kwambika impeta umukunzi we akamutera utwatsi.Uyu musore wo mu mujyi wa Lusaka utatangajwe amazina,akaba yashakaga gutungura umukunzi we,gusa byamuviriyemo guseba bikomeye.

Amakuru avuga ko yatumiye inkumi bakundana nayo itatangajwe amazina bemeranya aho bagombaga guhurira. Umukobwa yaje nk’ibisanzwe ahageze umusore atera ivi hasi ngo amwambike impeta amusaba ko yazamubera umufasha, abantu barahurura barareba.

Umukobwa nawe nta kindi yakoze yamubwiye ko bidashoboka kuko ngo ntazi niba umusore abyara (Yabasha gutera inda), ibyatuma atamwemerara kwambara impeta ye. Yanze kuyifata umusore akorwa n’ikimwaro. Umwanzuro w’umusore wabaye kwicara hasi ararira nk’umwana muto inshuti ze ziramuhumuriza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Jennifer Lopez n’umukunzi we bashyize akadomo ku rukundo rwabo.

#Miss Supranational Rwanda2021:Ineza Charlene ni we wegukanye ikamba rya “Influencer “