in

Umusore yagiye mu marushanwa yo gutera akabariro arangije round ya 6 arapfa.

Umusore ukiri muto yababaje abantu ubwo yapfaga mugihe yari mu marushanwa yo gutera akabariro nyuma yo kwihatira kurangiza icyiciro cya karindwi ngo ahabwe N50.000.

Bivugwa ko uyu munyanijeriya yajyanwe muri Hotel yitwa Loveth izwi cyane iherereye mu gace ka Ikotun muri Lagos nyuma y’impaka n’abandi basore ubwo yavugaga ko ashobora gukora urukundo inshuro 7 yikurikiranya.

Aba basore ngo bamushyiriyeho intego ingana nibihumbi 50(N50.000) by’ama naira akoreshwa muri kiriya gihugu umusore na we atangira irushanwa ngo ayatsindire. Uyu musore witwa Davy ngo yari yihagazeho dore ko yabashije kurangiza ibyiciro 6 neza, maze ubwo yatangiraga icya karindwi ahita ashiramo umwuka.

Ikinyamakuru Capitaltimes kivuga ko igihe ‘amarushanwa’ yatangiraga, Davy yabashije gutsinda ibice bitandatu neza. Icyakora, ntabwo yashoboye kurokoka icyiciro cya karindwi kuko yahise ashiramo umwuka igwa hejuru y’umugore bakoranaga icyo gikorwa.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ikipe ya FC Barcelone yahishuye akayabo k’amamiliyari igiye guhomba uyu mwaka.

Dore ibihugu bituwe n’abantu benshi kurusha ibindi muri Afurika.