in

Umusore ukennye yarize ayo kwarika nyuma yo gutereta umukobwa utikoraho

Umusore witwa Tide udafite amikoro ahagije yasigiwe agahinda n’umukobwa wamubenze amuziza ko atabasha kumuha ibyo acyeneye byose maze amwihenuraho ko na we azajya abyigurira.Mu gahinda kenshi uyu musore wo muri Nigeria yashyize hanze ubutumwa yandikiwe n’uyu mukunzi we amusaba ko bahagarika umubano wabo kuko abona nta nyungu irimo, avuga ko niba ubukungu bwe butafashe neza atagomba kumutesha umwanya ngo barakundana.

Uyu musore yifashishije twitter avuga ko amagambo uyu mukobwa yamubwiye yamukomerekeje cyane, ndetse amutera kwiheba kuko bamwimye urukundo bamuziza ko nta mafaranga agira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abasore baragwira! ibyo Divine yakorewe na Eric ubwo yamutunguraga kuri Radiyo ntabwo azabyibagirwa (Amajwi)

Uko abastar nyarwanda batandukanye bizihije umunsi wa #EidAlFitr (Amafoto)