Izindi nkuru
Umupolisikazi yerekanye uburanga bwe abagabo bifuza gufungirwa aho akorera(AMAFOTO)

Umukobwa w’umupolisikazi ukomoka mu gihugu cya Kenya yatumye bamwe mu bagabo bifuza gufungirwa aho akora nyuma y’amafoto agaragaza uburanga bwe yashyize hanze.
Uyu mupolisikazi ukorera mu mujyi wa Nairobi yashyize amafoto ye ku mbuga nkoranyambaga nk’uko abandi bakunze kubigenza gusa icyaje gutungurana n’uburyo hari ab’igitsinagabo bahise bamwifuza ndetse bavuga ko uwabaha amahirwe yo gufungirwa aho akora batazuyaza kubyemera.Ahanini bavugaga ko kubera uburanga n’ikimero by’uyu mukobwa bidasanzwe, byaba byiza bamenyanye byisumbuyeho.

Uyu mupolisikazi yifuzwa na benshi kubera uburanga bwe.


-
Inkuru rusange16 hours ago
Aime Beaute Mushashi wa Tv1 ahishuye ibanga rya KNC mu kazi,anavuga uburyo abagabo bose bamukunda.
-
Ubuzima18 hours ago
Nguku uko byagenda ku mubiri wawe ugiye unywa amata arimo ubuki buri gihe.
-
Imyidagaduro6 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Izindi nkuru15 hours ago
Cyore:Abahanga bemeje ko nta bundi buzima bubaho nyuma yo gupfa.
-
inyigisho8 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Izindi nkuru13 hours ago
Perezida wa Argentina yatunguye abantu ubwo yagendaga mu ndege ya Messi.
-
Imyidagaduro7 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro3 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.