in

Umunyamakurukazi ukomeye wa RBA yongeye gushimangira uburanga bwe (Amafoto)

Umunyamakurukazi ukomeye kuri RBA mu kiganiro cy’imikino, Rigoga Ruth yongeye kugaragaza uburanga bwe.

Uyu munyamakurukazi ukora kuri RBA mu kiganiro cy’imikino, yabigararije abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga ze zigiye zitandukanye.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze zigiye zitandukanye, yashyizeho amafoto ye yo mu bihe bitandukanye harimo aho aba ari ku mazi ndetse yambaye n’ikanzu nziza cyane.

Nyuma yo gushyiraho ayo mafoto, uyu munyamakurukazi yayaherekesheje amagambo agira ati: “Bye bye vacance. Reka dusubire mu butumwa twa tumwe na Nyagasani. Ukwa munani guhire.”

Aya mafoto yafashwe ubwo uyu munyamakurukazi yari ari mu biruhuko nyuma yakazi. Ni ibiruhuko yakoreye ku mazi.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Atibo
Atibo
1 year ago

Inkuru nk’iyi ni ubugoryi nta kintu kizima kirimo , keretse niba uyu munyamakuru yabahaye akantu ngo mumwamamaze, mushake inkuru nzima kuko nimukomeza gushyiraho nk’izi zuzuyemo ubucucu nk uku muzata amanota!!!!

Nb: ntimunyonge iyi comment ngo nuko ibanenze!

Umugabo yishe umwana w’imyaka 2 amwitiranyije n’urukwavu

Aisha wo muri Nyaxo Comedy na Nyambo wo mu ‘Umuturanyi’ bakaraze umubyimba mu ndirimbo ya Element Eleéeh (Videwo)