in

Umunyamakuru wavuzweho kuba mu rukundo na Miss Muyango, agiye gukora ubukwe

Umwaka ushize ubwo Muyango Claudine yari mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 yakunzwe kugenda ashinjwa gukundana n’umwe mu bateguraga irushanwa ariwe Rutaganda Joel. Ibikaba byaratangiye ari ibihuha ariko biza gufata indi ntera bitewe n’uburyo abafana ba Josiane bakomeje kugenda biyongera ku buryo byaje kuba ngombwa ko Muyango akora interview akabinyomoza.

Kuri ubu rero uyu Rutaganda Joel umaze igihe kitari gito ari umunyamakuru muri showbiz nyarwanda akaba arimo yitegura gukora ubukwe n’umukunzi we Peace Mutesi.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Ingabire Habibah yerekanye umusore wa mbere yakunze mu buzima bwe

Menya amayeri wakoresha ukigarurira umutima w’umukobwa wakwanze.