Imyidagaduro
Umunyamakuru wa RBA yahawe igisubizo gisekeje n’umufana we ubwo yasabaga imvura

Umunyamakuru Rigoga Ruth ukorera RBA yahawe igisubizo gisekeje n’umwe mu bamukurikira ku rubuga rwa Twitter ubwo yasabaga imvura. Rigoga Ruth kuri ubu uri kumwe n’ikipe y’igihugu y’U Rwanda, Amavubi, muri Cameroun aho bagiye mu marushanwa ya CHAN 2020 yasabye ko i Kigali babaha imvura nyuma yuko i Douala aho ari hari izuba ryinshi.

Rigoga Ruth

Ibi nibyo Rigoga Ruth yatangaje
Nkuko byagaragaye, nyuma yuko Rigoga asabye ko i Kigali babaha ku mvura, umwe mu bafana be yagize ati: « Muhumure muzabona imvura y’ibitego ».
-
Imyidagaduro2 days ago
Umva ibyo Bahavu Jeannette wamenyekanye nka Diane muri City Maid yatangaje nyuma yo gukora ubukwe.
-
Imyidagaduro1 day ago
Bamenya noneho areruye avuga umukobwa akunda|anavuga ku bukwe bwe.
-
Imyidagaduro1 day ago
Dj Miller yibutswe mu buryo budasanzwe| Umugore we byamurenze araturika ararira
-
Imyidagaduro1 day ago
Rocky Kimomo yakoreye ibidasanzwe abanyamakuru ubwo yari agiye guhabwa igihembo yatsindiye
-
Imyidagaduro1 day ago
Umugore wa Tom Close yabwiye amagambo meza y’urukundo umugabo we nyuma y’igihembo yahawe
-
Imyidagaduro2 days ago
Miss Jordan Mushambokazi yakorewe ibirori bya bridal shower n’inshuti ze (amafoto)
-
Imyidagaduro1 day ago
Mu magambo y’urukundo rwinshi, umugabo wa Bahavu Jeannette yamuvuze ibigwi..
-
Imyidagaduro9 hours ago
Miss Igisabo yifashishije indirimbo y’urukundo yifurije Bruce Melodie isabukuru nziza y’amavuko