Imyidagaduro
Umunyamakuru Tidjara, uherutse gusezera kuri RBA, yaturitse ararira mu kiganiro| umukobwa we yamutomagije karahava (VIDEO)

Mu minsi ishize nibwo inkuru yasakaye ko umunyamakuru Tidjara Kabendera yasezeye kuri RBA. Benshi bakomeje kumubaza icyo agiye gukora gusa we yabigize ibanga yirinda kwerura ibyo agiye kwerekezamo. Ku munsi w’ejo, Tidjara Kabendera yagiranye ikiganiro na ISIMBI TV. Muri iki kiganiro Tidjara yari kumwe n’umukobwa we witwa Nunu. Nunu yavuze imyato anatomagiza Maman we avuga ukunti yamwigishije kubana neza n’abandi, yamwigishije gukura akazaba umumaman mwiza ndetse akazarera abana neza nubwo yavuze ko Mama we atariwe kitegererezo (role model) kuri we. Nunu, wagaragaragaho akanyamuneza ku maso ye, yanavuze ukuntu yasengeraga Maman we iyo yabaga aje kumutwara ku ishuri kugirango aze kuhagera amahoro ndetse agahora amusabira ku Mana kugirango akomeze kumubera umubyeyi mwiza.
-
Inkuru rusange17 hours ago
Aime Beaute Mushashi wa Tv1 ahishuye ibanga rya KNC mu kazi,anavuga uburyo abagabo bose bamukunda.
-
Ubuzima19 hours ago
Nguku uko byagenda ku mubiri wawe ugiye unywa amata arimo ubuki buri gihe.
-
Imyidagaduro7 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Izindi nkuru16 hours ago
Cyore:Abahanga bemeje ko nta bundi buzima bubaho nyuma yo gupfa.
-
inyigisho9 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Izindi nkuru14 hours ago
Perezida wa Argentina yatunguye abantu ubwo yagendaga mu ndege ya Messi.
-
Imyidagaduro8 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro4 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.