in ,

Umukunzi wa T.I akomeje gushavuzwa cyane n’ibyo T.I amukorera (byumve hano)

Umukunzi wa T.I ariwe Bernice Burgos ku munsi w’ejo yatangaje ko akomeje gushavuzwa cyane na T.I ukomeje kumubeshyabeshya kandi bikigaragara ko ameranye neza na Tiny Harris.

Bernice_TI

Nkuko tubikesha mto news, umubano wa T.I na Tiny ukomeje kugenda uba mwiza cyane bikaba binavugwa ko bitari kera T.I na Bernice Burgos bagiye gutandukana burundu kuko Bernice Burgos arambiwe ibinyoma bya T.I ukomeza kumurerega amubeshyabeshya.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere ubutumwa (SMS) butangaje, Conte yoherereje Diego Costa amumenyesha ko yamwirukanye

Ndaguha by Fighter P