in

Umukunzi wa Miss Naomie yaryohewe n’ibihe byiza bagiranye mu mpera z’icyumweru bari ku mazi -AMAFOTO

Miss Rwanda 2020 Nishimwe Naomie akomeje kuryoherwa n’ubuzima bw’urukundo rwe na Michael Tesfay, udahwema kwerekana ko yanyuzwe mu rukundo.

Mu ntangiriro za ‘weekend’ y’icyumweru gishize nibwo Miss Naomie yakoze mu gitabo cy’imitoma, ataka umukunzi we Michael Tesfay wizihizaga isabukuru y’amavuko.

Miss Noamie yagize ati: “20 Mutarama yazanye umugabo w’agatangaza mu isi, uyu mugabo yazanye umunezero mwinshi n’ibyishimo mu buzima bwanjye.”

Akomeza agira ati: “Nta kindi nakwifuriza uretse indi myaka myinshi, nzakomeza gusenga Imana ishobora byose ngo ikomeze kuguhundagazaho imigisha n’ibindi byiza byinshi mu buzima bwawe kuko urabikwiye.”

Yongeraho ati: “Kandi nzakomeza gusenga ngo ukomeze kuba umuntu mwiza nk’uwo wahoze uri umugwaneza, uw’igikundiro hejuru ya byose ukunda Imana.”

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuhanzi mu ndirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana Frank Aime yamaze kwigendera

Mutsinzi Ange wakunzwe n’abafana ba APR FC ndetse n’ikipe ya Rayon Sports yatanze ikirego muri FIFA