Ubuzima
Umukunzi wa Jason Deluro,yambaye imyenda yo kugana abagabo baravugishwa (amafoto)

Daphne Joy n’umunyamideli w’uburanga,ndetse uburanga bwe bwateye 50 Cent kumubenguka bagera aho babyarana umwana wumuhungu kabone n’ubwo baje gutandukana,nyuma yo gutandukana na 50 uburanga bwe bwongeye kumwegereza igihangange muri muzika,Jason Derulo,ubu niwe bunze ubumwe,kuri ubu Daphne aherereye i Miami,aho yafotorewe aya mafoto amugaragaza muri Bikini,aya mafoto yateye abagabo benshi gushimangira ko uyu mukobwa ukomoka muri Philipine ari ihoho koko.
Comments
0 comments
-
urukundo10 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Imyidagaduro20 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Ubuzima10 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda24 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda3 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Mu Rwanda22 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
Hanze20 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze
-
urukundo23 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.