in ,

Umukobwa w’ubwiza buhebuje benshi bahaga amahirwe yo kuzaba Miss Rwanda 2017 yasezerewe rugikubita (amafoto)

Umukobwa witwa Ingabire Habiba w’ imyaka 20 y’amavuko ni umwe mubakobwa 16 bitabiriye igikorwa cyo guhatanira imyanya itanu y’abazahagararira umugi wa Kigali mu irushanwa rya Miss Rwanda 2017.

Habiba muri Audition i Kigali

Habiba rero benshi bakibona uburyo arimwiza batangiye kwibwira ko ariwe uzaba Miss Rwanda 2017 gusa ariko bose bakaba baratunguwe no kubona uyu mukobwa yarahise atsindwa rugikubita aho atabashije no gutorwa muri batanu bahagararira Kigali. Byumvikana ko rero ntaburyo yaba akibaye Miss Rwanda 2017.

Nkuko byagaragaye mu bitekerezo bitandukanye byagiye bitangwa n’abafana, abantu benshi ntibishimiye isezererwa rya Habiba ku kubitiro doreko hari n’abemeza ko ariwe mukobwa mwiza wari ubarimo, ubu abantu bakaba bibaza ntiba ubwiza bw’umubiri butagihabwa agaciro.

Dore bimwe mu bitekerezo by’abafana:

Habiba1

Nk’uwo yagize ati :”oooooh, burya mu mutwe wahakora hagasobanuka bamwe biba biterwa nimyigire mibi!! naho c inyuma wahakora ute!! wa mugani wa pastor Mpyisi ati umutima wawusengera agakizwa naho c isura wayigira ute!!!!!!!!!!!!!!!!!!! Kigali rwose ndabona iri inyuma pe, mbega ba miss

Habiba2

Uyu nawe yunzemo agira ati :”Nubwo nsanzwe nubaha cyane byemezo by’akanama nkemurampaka, ntabwo nasobanukiwe impamvu uriya mwari Habiba Ingabire ataje muri batanu bagomba guhagararira umujyi wa Kigali rwose. Ndemera ko hari ikibazo (yabajijwe mu cyongereza) atasubije neza, ariko n’abandi bose ntawe washoboye gusubiza neza ibibazo byose, kandi uriya Habiba rwose arusha bose uburanga ku buryo bugaragarira wese! Keretse rero niba uburanga bufite amanota make cyane mu marushanwa ya Nyampinga yo muri 2017!

Dore amafoto atandukanye ya Habiba:

Habiba

Habiba8

Habiba7

Habiba6

Habiba5

Habiba4

 

 

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
3 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
nana
7 years ago

Comment:uyu mukobwa ni mwiza ark yasubije nabi cnee, umuntu uvga english ngo ni engrish

onil
onil
7 years ago

ariko murinda mwibaza ngo kuki yavuyemo mwasomyehe ko kuba miss bivuze ubwiza gusa?????? Niba atujuje ibisabwa byose agomba gusigara kandi uburyo yitwaye niba mwarabibonye hari ikitaragenze neza , ubutaha azikosore

UMUJINYA GUSA
UMUJINYA GUSA
7 years ago

Umva Rwose reka mbabwireee judge Mike ndamukunda gusa uriya bari bari kumwe yamuhaye Noo ngo mu rwego rwo gushyilamo balance??? what? ibi njye ndabona ari ruswa babonye BITYO baKAgomba kumwikiza hakiri kare ngo atamenyekana naho ubundi yasubije neza peeee uyu mwana Arabizi yakagombye kuba yarakomejeee

Miss Shanel yongeye kwikuramo imyenda yerekana inda y’imvutsi atwite (Amafoto)

Amafoto ya Shaddy boo yambaye ikanzu ibonerana nta mwenda w’imbere yambayemo akomeje guca ibintu kuri Instagram (amafoto)