in

Umukobwa w’ikizungerezi ufite amabere atangarirwa na benshi yiyamye abamwibasira bamushinja kuyabagisha(AMAFOTO)

Umukobwa w’ikizungerezi wabaye icyamamare ku mbuga nkoranyambaga witwa Ada la Pinky, yiyamye abantu bamwibazaho kubera ingano y’amabere ye atangaje bakamushinja kuyabagisha ngo abe manini. We avuga ko ibimuvugwaho byose ari ibinyoma usibye kuba ari ko yisanze.

Ada Ebere uzwi cyane ku izina rya Ada la Pinky,uzwiho guhora yerekana igituza cye kinini ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko azi
ko abantu batekereza ko yagiye kwagura amabere, ariko amabere ye manini ni karemano kandi avuga ko ari impano nziza Imana yamuhaye nta kiguzi.

Ada yagize ati “Abantu bantuka ko amabere yanjye ari manini
cyane ku buryo atabaho, ariko ni karemano 100%”. Yasobanuye ko atigeze abagwa kugira ngo amabere ye abe manini. Ku bwe ngo yahoze afite amabere mato ariko agenda atangira kwiyongera bituma areka n’akazi yakoraga ko kubyina kubera
ibiro mu gatuza.

 

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Grace Bahati yahishuye impamvu yatandukanye na K8 Kavuyo anavuga icyo akundira umukunzi we mushya.

Dore inyamaswa zidasanzwe zaciye agahigo ko kwandikwa mu gitabo cya Guinness records(AMAFOTO)