in

Umukobwa wavuzweho kuba mu rukundo na Meddy igihe kirekire yamwihakanye izuba riva

Umunyamidelikazi ukomoka mu gihugu cya Ethopia witwa Sosena wamze igihe kitari gito avugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzi nyarwanda Meddy, Yatangajeko bategeze bakundana nabusa.

Sosena akaba yaratangiye kuvugwa ko ari mu rukundo na Meddy muri za 2015 nyuma y’uko agaragaye mu mashsuho y’indirimbo “Burinde bucya” ya Meddy. Ndetse nyuma yaho Meddy akaba yarakomeje kugenda postinga uyu mukobwa ku mbuga ngoranyambaga ari nacyo cyatumye abantu bakeka ko bari mu rukundo. Gusa ku munsi w’ejo Sosena akaa yaratangajeko ryari ikinamico nta rukundo rwigeze rubaha hagati ye na Meddy.

Ibi Sosena akaba yabitangaje abinyujije kuri Instagram aho umufana yamubajije niba yarigeze akundana na Meddy na rimwe nuko niko gusubiza agira ati :”Oya ntago nigeze nkunda na Meddy. Ntanubwo nigeze mubabaza umutima. Ahubwo twari abakinnyi b’ikinamico beza

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Shaddy Boo yaba agiye gukora ubukwe

Umukobwa washinjwaga kuryamana n’abategura Miss Rwanda muri Boot camp yashyize ahagaragara ukuri