in

Umukobwa washinjwaga kuryamana n’abategura Miss Rwanda muri Boot camp yashyize ahagaragara ukuri

https://yegob.rw/wp-content/uploads/2019/01/muy8.jpg

Bimwe mu bintu byavuzweho cyane mu irushanwa rya Miss Rwanda 2019 akaba ari ruswa y’igitsina yashinjwaga umwe mu bategura iri rushanwa ariwe Joel Rutaganda n’umukobwa witwa Muyango Claudine waje no kwegukana ikamba rya Miss Photogenic 2019.

Uyu mukobwa rero nyuma gato yo kwegukana iri kamaba akaba ayragarutse ku makuru yose yagiye umuvugwaho ku mubano yaba afite nye na Joel ndetse no ku wundi muntu waba afite ahuriye n’irushanwa rya Miss Rwanda.

Mu kiganiro n’umunyamakuru Myango yagize ati :”Naje mu irushanwa rya Nyampinga w’u Rwanda nzi neza ko ibizaba byose nzabasha kubyakira, gusa icyambere cyangwa se icyo mpereza agaciro, uba ufite uko ubayeho,ufite abantu mubanye, bafite ukuntu bakuzi, ndakeka nta mufana n’umwe wanjye waba abona ibiba ngo abihe agaciro. Ndetse nabantu bazi kureba kure, ndekeka iyo urebye nawe hari ikintu ushobora kubona, ndi umukobwa ufite indangagaciro kandi ufite kirazira aganderaho z’umuco nyarwanda. Naje muri rino rushanwa ry’ubwiza nzi icyo nshaka, kandi numvako ubwenge mfite cyange se ubushobozi mfite buzamfasha kugera ku ikamba nta zindi nzira nciyemo.

 

Video source: K TV

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukobwa wavuzweho kuba mu rukundo na Meddy igihe kirekire yamwihakanye izuba riva

Miss Meghan yahishuye ibanga rikomeye ku byabereye muri Boot Camp bifatwa na benshi nk’ubujura