Imyidagaduro
Umukirigitananga Munyakazi yashyize hanze inanga ye yise “Urakwiriye Mwami”(yumve hano)

umuhanzi akaba n’umukirigitananaga Munyakazi Deo ukorera ubuhanzi bwe murikaminuza y’u Rwanda ishami rya huye,nyuma yo kumara iminsi myinshi abisabwanabakunzi be ubu akaba yamaze gushyira ku mugaragaro inanga iri mu bwoko bw’izihimbaza Imana yise “Urakwiriye mwami”.
mu kiganiro twagiranye akaba yatubwiye ko ubu agiye guhuguka no kugaragara
birushijeho cyane ko amasomo ye asoza ikiciro cya mbere cya kaminuza ayagezeze
k’umusozo.

Aha ni mu gitaramo cy’umuhanzikazi Cecile Kayirebwa
twabibutsa ko uyu ari umwe mu bahanzi ba gakondo bakunzwe cyane muri kaminuzay’u Rwanda
ishami rya Huye,akaba akunze gusubira mu nanga za kera nkiza Rujindili,mushabizi n’
abandi.
https://www.youtube.com/watch?v=AKqOwzWy4L0
-
Inkuru rusange14 hours ago
Nyuma yo gusezera kuri RBA, Tidjara yerekanye igitangazamakuru agiye gukorera
-
inyigisho15 hours ago
Bimwe mu bintu by’ingenzi ukwiye gukora niba wifuza kubona umukunzi ugukunda by’ukuri.
-
Imyidagaduro21 hours ago
Social Mula yikomye Bruce Melodie amuziza kwishyira hejuru nyuma yuko yitiriwe ISIBO TV
-
Imyidagaduro23 hours ago
Diamond Platnumz yaraye asebereje Tanasha Donna imbere y’abafana be
-
Imyidagaduro13 hours ago
Marina yavuze ku rukundo rwe na Nizzo Kaboss
-
Imyidagaduro10 hours ago
Gafotozi Plaisir Muzogeye yerekanye urukundo we n’umuryango we bakunda umwana wabo muto banamwifuriza isabukuru nziza y’amavuko
-
Imyidagaduro8 hours ago
Miss Grace Bahati yahishuye impamvu yatandukanye na K8 Kavuyo anavuga icyo akundira umukunzi we mushya.
-
Imyidagaduro3 hours ago
Umugore wa Alpha Rwirangira yerekanye ingano y’urukundo akunda umugabo we n’umwana we w’imfura