in

Umukino wishiraniro hagati ya PSG na MARSEILLE wasize amateka akomeye(amafoto)

neymar avuga ko yakorewe irondaruhu

sikenshi muri ruhago uzumva umukino umwe utangwamo amakarita ageze muri 19 mumukino umwe.

ibi byabaye mu gihugu cy’ubufaransa mu ijoro ryakeye aho muri championat habaga derby ikomeye muri kiriya gihugu aho usanga iteka biba bitoroshye iyo ikipe ya PSG na Marseille zahuye kabone nubwo mu myaka mike ishize ubona ko PSG isigaye isa nkiyasize izindi kipe zo muri iki gihugu.

nyuma yimyaka 10 Marseille idatsinda ikipe ya PSG yaje kuza kongera kumva uko insinzi ya derby imera mu mukino wishiraniro wasize hatanzwe amakarita 5 y’umutuku ndetse nandi 14 y’umuhondo.

amafoto:

wari ishiraniro
igitego cya flaurien THAUVIN nicyo cyatandukanyije impande zombi
Neymar yakunzwe kurangwa n’umujinya mwinshi mbere yo guhabwa ikarita itukura
Marseille yize uko yica umukino wa Neymar birayihira
imbaraga ziganje mumukino
neymar avuga ko yakorewe irondaruhu
NEYMAR yicujije kudakuita Alvaro Gonzalez
nuko byamugendekeye

Written by Author Mugy

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Butera Knowless yashyize hanze indirimbo yanditswe n’umugabo we

Menya impamvu kurya inyanya mbisi ari bibi kurusha izitetse.