sikenshi muri ruhago uzumva umukino umwe utangwamo amakarita ageze muri 19 mumukino umwe.
ibi byabaye mu gihugu cy’ubufaransa mu ijoro ryakeye aho muri championat habaga derby ikomeye muri kiriya gihugu aho usanga iteka biba bitoroshye iyo ikipe ya PSG na Marseille zahuye kabone nubwo mu myaka mike ishize ubona ko PSG isigaye isa nkiyasize izindi kipe zo muri iki gihugu.
nyuma yimyaka 10 Marseille idatsinda ikipe ya PSG yaje kuza kongera kumva uko insinzi ya derby imera mu mukino wishiraniro wasize hatanzwe amakarita 5 y’umutuku ndetse nandi 14 y’umuhondo.
amafoto:







