in

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu na AS Kigali yatangaje abantu ubwo yananirwaga kuvuga amazina y’Abaperezida batatu bayobora ibihugu byo muri Afurika

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu Amavubi na AS Kigali Niyonzima Olivier Sefu yatangaje abantu ubwo yananirwaga kuvuga amazina atatu y’Abaperezida bayoboroba ibihugu byo ku mugabane wa Afrika.
Ibi byabaye mu kiganiro k’imikino gica kuri Radio 10 mu gace kiswe “Ten Battle” mu gace Kari gatahiwe kahuje abakinnyi babiri b’ikipe ya AS Kigali n’Amavubi aribo Niyonzima Olivier Sefu na Kalisa Rachid.
Ubwo Sefu yabazwaga Abaperezida batatu bayobora ibihugu byo ku mugabane wa Afrika Sefu yabashije kuvuga umuyobozi umwe gusa aho mu  gihe cy’amasegonda mirongo itatu y’abashije kuvuga Perezida Paul Kagame gusa.


Niyonzima Olivier Sefu yaje gutsindwa na Kalisa Rachid wabonye amanota ane kuri abiri ya Sefu.

Kalisa Rachid niwe watsinze Sefu kuko we yashubije ibibazo neza ibibazo bine yabajijwe

Written by THIERRY Mugiraneza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it :+250 789 020 938

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Eric
Eric
1 year ago

Rwatubyaye nawe ntiyabishobora

Breaking news: Aimable Nsabimana yerekeje mu ikipe iri muzikomeye mu Rwanda

Amakuru mabi ku munyamakurukazi Isheja Sandrine