in ,

Umukinnyi w’ibihe byose muri Afrika kuri ubu ari kwegereza kwinjira muri gereza (Impamvu)

samuel-etoo

Umukinnyi w’umunya Cameroon waciye mu makipe menshi kandi akomeye ku mugabane w’uburayi Samuel Eto’o Fils kuri ubu akaba yamaze kwerekeze mu nkiko mugihe hatahuwe ko hari inyerezwa ry’imisoro rimuhama mu gihe yari agikina mu ikipe ya Fc Barcelona.

Samuel Eto'o mu nkiko
Samuel Eto’o mu nkiko

Nyuma yuko hamaze kuvumburwa ko uyu musore w’umunya cameroon ubwo yavaga muri Fc Barcelona yerekeza mu butaliyani mu ikipe ya Intel Milan yanyereje imisoro itagira ingano kuri iyi transfer ye ndetse inkiko zo muri espagne zikaba zarakomeje gukora iperereza kuri uyu mukinnyi, kuri ubu nkuko tubikesha igitangazamakuru El Pais cyo muri espagne, umushinjacyaha wari ushinzwe gukurikirana iki kirego akba yatangaje ko uyu musore yanyereje miliyoni zirenga 35 zamayero ubwo yavaga i catalogne yerekeza muri i Milan kubwizo mpamvu bitewe n’uburemere bw’icyo cyaha akaba yasabiwe igihano cyo gufungwa imyaka icumi n’igice ndetse n’ihazabu ya Miliyoni 14 z’amayero.

Tukaba dutegereje kumva ibyemezo bizaba mu irangiza rubanza rya Eto’o.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ibikundanye birajyana : Reba umwe mu bakinnyi ba APR FC ufite umukunzi ariko akamuhisha  (REBA UWO MUKOBWA HANO)

Umwe mu bakobwa bakunzwe mu Rwanda yibasiwe azira gushyira ahagaragara amafoto ashotora abagabo (video)