in ,

Umukinnyi washakishwaga bikomeye n’ikipe ya Real Madrid na Fc Barcelona yahisemo aho azerekeza

Ikipe ya Fc Barcelona na Real Madrid zimenyereweho gushaka abakinnyi bakomeye ku isi kugirango zongere uguhangana kwazo no gukora udushya ku mugabane w’iburayi mu minsi ishize nibwo yavuzweho gushaka kugura umukinnyi w’umufaransa ariko bigakomeza kwanga bitewe nuko nyirubwite ntacyo yabivugagaho, gusa kera kabaye uyu mukinnyi yatangaje kuby’akazoza ke.Dembele-Dortmund-Barça

Ousmane Dembélé umufaransa w’imyaka 20 ukinira ikipe ya Borussia Dortmund nyuma yo kwifuzwa bikomeye n’ikipe ya Real Madrid na Fc Barcelona yatangaje ko muri uyu mwaka w’imikino wa 2017/2018 atazigera ahindura ikipe kugeza urangiye kuko aho ari yizeye gukina buri mukino wose kugirango bimwongerere amahirwe yo kuzahamagarwa mu ikipe y’igihugu gukina igikombe cy’isi kizabera mu burusiya mu mwaka wa 2018. Iki akaba ari icyemezo cy’ubuhanga uyu musore yashimiwe na Benshi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Isomere amagambo akomeye Shaddyboo yavuze agakora ku mitima ya benshi

Ikipe ya Real Madrid ihemukiye, inababaza bikomeye umukinnyi wayo igenderaho