Umukinnyi wa APR FC wananiwe gutanga umusaruro, yatawe muri yombi - YEGOB
Ubwo kuri uyu wa gatanu Gasogi FC yanganyaga n’ikipe ya APR FC mu mukino w’ishiraniro, umwe mu bakinnyi b’inkingi za mwamba muri APR FC ntabwo yagaragaye kuri uyu mukino. Amakuru ava mu karere ka Rubavu aravuga ko umukinnyi wo hagati mu ikipe ya APR FC, Itangishaka Blaise ari mu maboko y’inzego z’umutekano kuva mu ijoro […] More
Geovanis